Ibyakozwe n’intumwa n’Abaroma

Ibyakozwe n’intumwa n’Abaroma

Igitabo cy’ibyakozwe n’intumwa kibonekamo ishingwa, itangira n’umurimo by’itorero binyuze mu kumvira intumwa ikomeye. Imbaraga zaserenaijwe abantu – Umwuka Wera – yaraje aba mu bizera, agaragaza ibimenyetso bitari bimwe. Itorero rya Yesu ryagutse cyane muri iki gihe rigera mu bice byinshi by’isi yo muri icyo gihe.

Igitabo cy’Abaroma ni cyo gihangano mu by’iyobokamana kiruta ibindi cya Pawulo. Pawulo agaragaza ihame shingiro ry’ukuri, iryo ni, isezerano ry’Imana aho ibwira abakiranirwa ko ari abakiranutsi byuzuye kubera umurimo wa Yesu Kristo.

Lessons

Amasomo ahari:

PANTEKOTE YA PAWULO BWITE

Author: kinyarwandan

KUBWIRIZA KWA PAWULO

Author: kinyarwandan

IMIRIMO YA PAWULO

Author: kinyarwandan

Hanyuma!

Author: kinyarwandan

UBUKIRANUTSI BWAVUKIYE I ROMA

Author: kinyarwandan

Comments are closed.