Ikibwirizwa cyo ku musozi

Ikibwirizwa cyo ku musozi

Ikibwirizwa cyo ku musozi gifatwa nka kimwe mu bibwirizwa by’ingenzi bya Yesu ndetse nka zimwe mu nyigisho fatizo ze, zifatwa nk’ishingiro ry’imyigishirize ya Yesu. Ndetse benshi mu batari abakristo bemera ko iki kibwirizwa ari kimwe mu butumwa bw’ingenzi bwigishijwe. Birashoboka ko nta wundi murongo wo muri Bibiliya ugarukwaho kenshi ariko ukumvwa na bake nk’iki cyigisho cyo muri Matayo 5-7.

Abantu benshi bakurikiye Yesu kubera inyigisho, ibibwirizwa no gukiza abarwayi bye. Yabwirije ikibwirizwa cyo ku musozi ubwo imbaga y’abantu yari iteranye imukikije hafi y’inyanja y’i Galilaya. Yazamutse umusozi nuko ararikira bamwe mu ntumwa ze kujyana na we. Ibi byagabanyije imbaga y’abantu mu matsinda abiri: abari munsi by’umusozi, bashushanyaga ibibazo byose by’ikiremwamuntu n’abari mu mpinga y’umusozi bashakaga kumubera bimwe mu bisubizo bye by’ibyo bibazo. Yesu atangira kwigisha no gutoza abigishwa be kugira ngo bamamaze ubutumwa bwe mu mahanga yose kandi bagire imbaraga ze.

 

Lessons

Amasomo ahari:

GUKIRANUKA KWIHARIYE

Author: kinyarwandan

IMIYOBORO Y’URUKUNDO

Author: kinyarwandan

IKIBWIRIZWA CYA 07: ABUNZI

Author: kinyarwandan

AMASEZERANO

Author: kinyarwandan

IMYITWARIRE N’UMUCO

Author: kinyarwandan

IGIKORWA CYO MU MWUKA CYO GUTANGA

Author: kinyarwandan

KUBABARIRA NO KWIRIZA UBUSA

Author: kinyarwandan

INDANGAGACIRO ZO MU MWUKA

Author: kinyarwandan

INDANGAGACIRO Z’UBWAMI

Author: kinyarwandan

IHURIRO RY’ABABANZA KWIREBA

Author: kinyarwandan

Comments are closed.