ESE URI NDE? Yosefu yagurishijwe mu bucakara na barumuna be, afatwa nabi kandi anyura mu bihe bigoye, nyamara ntiyigeze atakaza ukwemera kwe ku Imana. Igisubizo cye cyuje urukundo, Wari ugambiriye kungirira nabi, ariko Imana yabigambiriye kugirango irangize ibyakozwe ubu, kurokora ubuzima bwa benshi. Yosefu atwigisha kubw’ubuntu bw’ Imana kandi yemeza ibyo Abaroma 8:28 havuga ko ntakintu kibi cyane kuburyo Imana idashobora guhindura no kubyaza ibyiza muri yo. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.