ITEGEKO RY’IMANA N’UBUZIMA BW’ABANTU Yesu yigishije ko ari ngombwa kubizera gutsimbarara no gukomeza umubano ukomeye, wuje urukundo. Abayobozi b’amadini mu gihe cya Yesu bigishije ko igihe cyose utishe cyangwa ngo ukomeretsa umuvandimwe wawe, umubano wawe na we wemerwaga n’Imana. Ariko abafite imyifatire ya Yesu y’impuhwe bagomba kubigaragaza; kutabikora bizagira ingaruka ku gusenga kwacu. Tugomba kumenya neza ko tutitandukanyije n’umuntu, abo Yesu yita ‘umuvandimwe’. Uburakari n’ibyiyumviro byo kwanga abavandimwe bacu bigomba gukemuka niba dushaka kugirana umubano nabo, umubano ushimishije ku Mana. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.