URWEGO RWO GUFATA ICYEMEZO Mu gitabo cyo Kubara, twumva impamvu byatwaye Abisiraheli imyaka 40 kugira ngo bakore urugendo rwagombye gufata iminsi 11 n’uburyo Abisiraheli bayobye inshuro icumi. Iki gice cy’amateka kiratubwira inyigisho ijyanye n’urugendo rw’umwuka rw’abizera benshi. Niba uri kubabazwa n’ubutayu kandi ukaba utarinjiye mugihugu cyasezeranijwe cy’ubuzima bwinshi bwasezeranijwe mu Isezerano Rishya ibaze iki kibazo: Ese ndimo kumvira Imana rwose? Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.