Luka ni Ivanjili ikundwa na benshi kuko ishimangira Yesu nk’Imana yigize umuntu. Yerekana impuhwe za Mesiya n’uburyo yimenyekanishije muri twe. Imigani myinshi ya Yesu izwi cyane, nk’inkuru y’umwana w’ikirara hamwe n’Umusamariya Mwiza, tuzisanga muri Luka gusa. Luka atubwira byinshi kubyerekeye ivuka kurusha abandi banditsi b’Ivanjili. Kandi Luka aduha Gahunda ya Kristo – amagambo asobanutse y’ubutumwa bwe – urufunguzo rw’umurimo wa Mesiya.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.