Inyigisho yo ku Musozi ni imwe mu nyigisho z’ingenzi za Bibiliya. Yesu yabwirije iyi nyigisho kugasongero k’umusozi wa Galilaya igihe yahamagariraga abantu bavugaga ko ari abigishwa be kuba hagati y’urukundo rw’ Imana n’umubabaro w’abantu bababazwa kw’isi. Yahamagariye abigishwa be gufatanya na we no kuba umuyoboro w’urukundo rwe. Yasoje inyigisho ye abahamagarira kwiyemeza. Byahinduye ubuzima bwa benshi babyumvise.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.