ITEGEKO RY’URUSHAKO N’UMURYANGO Igishushanyo mbonera cy’umuryango n’ubukwe giha umubano wacu igisobanuro cyiza kandi gifite intego ndetse kigasohoza imigambi y’Imana ku isi. Mu byanditswe byera hari urwego rugaragara rwo gushyingirwa; ni ukuba umubano uhoraho kandi wihariye, ariko kandi ukabamo muburyo burimo ibice byose by’ubuzima bw’umugabo n’umugore: imyuka yabo, ubwenge bwabo, imitima yabo, numubiri. Iyo abashakanye bunze ubumwe, kandi bakabaho muri ubwo bumwe, bagaragaza umugambi w’Imana mu rushako. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.