Inyigisho y’ibanze n’intego y’amavanjili ni uguhishura ubutumwa bw’Imana no kwerekana igisubizo cye k ubibazo byacu. Twitandukanye n’Imana kandi uko gutandukana bigomba kurangira tukiyunga. Yesu, ihishurwa rikomeye ry’ukuri isi yahawe, yari afite ibitekerezo bitangaje, yakoraga umurimo Se yamwohereje gukora. Amavanjiri aratangaza ati: Yesu yaje gutanga imbabazi z’ibyaha byacu no kuduhuza n’Imana!
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.