Igitangaza cya mbere cya Yesu cyanditswe ni uguhindura amazi divayi. Ibi byashushanyaga ibiba iyo tumwizeye. Afata ibisanzwe kandi mu buryo bw’igitangaza akaduhindura – tukavuka bundi bushya. Benshi bizeraga igihe Yesu yakoraga ibitangaza, ariko ntibamukurikira. Muri Yohana 3, Nikodemu yaje kwa Yesu mu ijoro kugira ngo amubaze ibibazo. Yesu yabwiye uyu mwarimu inzira yonyine yo kubona ubwami bw’Imana ko ari ukuvuka ubwa kabiri. Yesu yasobanuye neza ko yari Umwana w’ikinege w’Imana kandi akaba ariwe igisubizo weonyine.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.