UBURYO BWO GUTSINDA NEZA. Nko mu buzima bw’ Umwami Dawidi, dushobora kwiga gutsinda binyuze mu gutsindwa. Mu buzima bwe bwose, Dawidi yari urugero rwiza. Ariko mugihe kimwe cyubuzima bwa Dawidi, yakoze ibyaha byubusambanyi nubwicanyi; umwaka wose, yagerageje guhisha icyaha cye. Ibyaha bye bitwereka ko n’abantu bubaha Imana bashobora gutwarwa nikigeragezo niba batitonze. Ubuzima bwa Dawidi butwigisha ko icy’ingenzi ari ibyo dukora iyo tunaniwe. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.