Twigiye byinshi ku mbaraga z’icyaha mu buzima bw’Umwami Dawidi. Nk’uko umunyamitako adandaza diama ye ku gitambaro cy’umukara, igihano cy’urupfu ku cyaha, imbaraga n’igiciro, bituma agaciro k’umukiro kabengerana. Icyambere, Yesu Kristo yakuyeho igihano ku cyaha. Icya kabiri, Umwuka wera ifite imbaraga zisumba imbaraga z’icyaha. Ingingo ya gatatu yibijyanye n’agakiza ni uko mu rumuri rw’Imana niho ibyaha byogerezwa bikanababarirwa.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.