IBINTU BYAKUWEMO Ibitabo by’Amateka bikubiyemo igihe cy’amateka kimwe nicyo Ibitabo bya Samweli n’Abami bivuga ho. Amateka bisobanura ibintu byakuwe mo. Ibyo bitabo byerekana uko Imana ibona amateka y’Igiheburayo n’abami bagize uruhare runini mu kuzana ububyutse, kugarura, no kuvugurura. Uburyo bwo gusobanukirwa amateka ni ubu: Inzira z’Imana ntabwo arinzira zacu, kandi ibitekerezo byayo ntabwo ari ibitekerezo byacu. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.