UMURIMO W’IMANA N’IMBARAGA ZIRWANYA UMURIMO W’IMANA

Igitabo cya Ezira kitwigisha ko inshuro nyinshi ingorane zije ari ikimenyetso cyo kwemeza ko umurimo w’Imana urimo gukorwa Ariko ubutumwa bwa Ezira ntabwo ari ugutsindwa cyangwa kurangazwa n’ abo batavugarumwe. Hariho amahame menshi twikwigira kuri Ezira, kandi ashobora gukubirwamo: Ni Umugambi w’Imana gukoresha Imbaraga z’Imana mubantu b’Imana kugirango ugere ku ntego z’Imana ukurikije gahunda y’Imana.

Audio Lesson:

Back to: Amateka: Abacamanza – Esiteri

Leave a Reply