GUHUZA N’URUKUNDO

Urukundo n’uburyo bukomeye bwerekana ubumwe Imana yashakaga igihe yavugaga ati: “Bombi bazaba umubiri umwe.” Ikibazo kimwe gikomeye mu rushako ni ukwikunda. Iyo twize gufata neza uwo twashakanye nta kwikunda, tugashyira ibyifuzo by’ uwo twashakanye imbere, tuba dutangiye gukunda nk’uko Yesu abikora. Urukundo rw’Imana rusobanurwa neza muri bibiliya, Abakorinto ba 1 Igice cya 13 kandi rutwereka uko tugomba gukunda abandi. Iyo hari urukundo rwa Agape (urukundo rudafite icyo rushingiyeho), urushako rushobora kuzuzwa hamwe n’ibintu byose Imana yifuje ko biba.

Audio Lesson:

Back to: Umuryango n’Ugushyingirwa

Leave a Reply