Ibaruwa ya kabiri Pawulo yandikiye Abakorinto ivuga ku murimo Imana ishaka ko buri mwizera akora, umurimo wo kunga abantu bose na We. Ariko ubuzima bwacu bugomba kurangwa na Kristo wadukijije kandi utuye muri twe Pawulo yasobanuye isano dufitanye na Kristo muburyo butatu: kubwa Kristo, muri Kristo, no kuri Kristo. Iyo dusubije imikazo, imiyaga, n’ibigeragezo, abantu bazabona ko dutandukanye, twuzuye ubutunzi butagereranywa: Yesu ubwe.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.