GUKOMERA K’UMUKOZI W’IMANA

Twongeye kuibyabaye kuri Pawulo ubwo yahuraga na Yesu ku muhanda wa Damasiko, yigiye kuri Yesu mu butayu bwa Arabiya, ajyanwa mwijuru ahabwa ihishurwa ryimbitse kubw’amagambo. Pawulo yahawe kandi ihwa mu mubiri we, intumwa ya Satani. Ntawe uzi neza iryo hwa icyo aricyo, ariko biragaragara ko Imana yarikoresheje kugirango Pawulo yicishe bugufi kandi akoreshe intege nke za Pawulo kugirango yerekane imbaraga zayo. Imana ikunda kwerekana ko ihagije binyuze mu ntege nke zacu.

Audio Lesson:

Back to: 1 na 2 Abakorinto

Leave a Reply