UBUTUMWA BWIZA NYABWO Pawulo asoza 2 Abakorinto ahamagarira abari mu itorero kwisuzuma ubwabo ngo barebe niba koko bari muri Kristo. Igitabo gikurikiraho twiga ni ibaruwa Pawulo yandikiye Abagalatiya, aho abayobozi b’Abayahudi bigishaga ko gukizwa no kuguma mu gakiza umuntu agomba kwita kumategeko y’Abayahudi. Pawulo yavuze ko nihagira uza avuga ubutumwa butandukanye, bagomba kwangwa no kuvumwa ku Mana, kuko Ubutumwa yabwirije butavuye ku bantu Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.