Yesaya yahanuye ko Imana yari ikenemeye inzira inyuramo kugirango ize muri iyi si. Iyo nzira yari kuba Mesiya, Imana mu mubiri wabantu Yesaya yavuze ko Kristo azaba imvugo nziza yumwuka wImana Igihe Yesu yasobanuraga umurimo We, yasubiyemo ubuhanuzi bwa Yesaya Yazanye inkuru nziza kubababaye no gukiza imitima ifite intima; kubohora imbohe, no gutangaza igihe cyo gutoneshwa na Nyagasani ko kiri hafi.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.