UMURIRIMBYI WO MU BUNYAGE Igihe Yerusalemu yagwaga mu b’Abanyababuloni, hari ubwoko bubiri bw’abantu: abizeraga Yeremiya ko kujyanwa bunyago byari igihano cy’Imana, n’abanze ubutumwa bwa Yeremiya bakigomeka. Kubizeye bakanihana, Imana yabasezeranyije ko izabafasha. Izabaha imitima mishya kandi izagarura ab’igihe kizaza. Ku bigometse, Imana yababuriye ko bazarimbuka burundu. Ubuhanuzi bwa Yeremiya bwo gusana ejo hazaza na Mesiya bikomeje kuduha ibyiringiro uyu munsi. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.