UMURIRIMBYI WO MU BUNYAGE

Igihe Yerusalemu yagwaga mu b’Abanyababuloni, hari ubwoko bubiri bw’abantu: abizeraga Yeremiya ko kujyanwa bunyago byari igihano cy’Imana, n’abanze ubutumwa bwa Yeremiya bakigomeka. Kubizeye bakanihana, Imana yabasezeranyije ko izabafasha. Izabaha imitima mishya kandi izagarura ab’igihe kizaza. Ku bigometse, Imana yababuriye ko bazarimbuka burundu. Ubuhanuzi bwa Yeremiya bwo gusana ejo hazaza na Mesiya bikomeje kuduha ibyiringiro uyu munsi.

Audio Lesson:

Back to: Abahanuzi Bakuru: Yesaya – Daniyeli

Leave a Reply