IBINTU BIDASANZWE KANDI BYIZA. Ezekiyeli yahamagariwe gukorera ubwoko bw’Imana mugihe kigoye n’ahantu hagoye cyane. Yagejeje ubutumwa bw’Imana ku bwoko bwayo bwari mu bucakara i Babiloni. Ezekiyeli atangirana n’iyerekwa rikomeye ry’Imana; mu byukuri yabonye icyubahiro cya Nyagasani. Ezekiyeli ashimangira umurimo w’Umwuka Wera, ukubaho kw’Imana aho abantu bayo baba hose. Ubuhanuzi bwe bwitwa ibyahishuwe, bivuze ko bidusubiza inyuma kugirango tubone ibitagaragara Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.