AMAGAMBO YA NYUMA YAVUZWE N’UMUSIRIKARE USHAJE

Muri iki cyiciro turasesengura ibaruwa yanyuma ‘yintumwa Pawulo. Mu gihe Pawulo yandikiye Timoteyo ibaruwa ye ya kabiri arabizi ko iminsi ye ibaze. Pawulo akoresha ingero y’umusirikare, umuntu ukora isiganwa n umuhinzi kugirango ashimangire umurimo ufite ikinyabupfura, ugoye kandi usaba kwihangana mu buzima bwo gukurikira Ivanjili nk’abigishwa ba Kristo. Hariho amategeko agenga ubuzima muri Kristo, kandi rimwe muriyo rivuga ko ugomba kwikorera umusaraba wawe maze ukemera kumukurikira no kubabara kubwe.

Audio Lesson:

Back to: Inyandiko za Pawulo: Abagalatiya – 2 Timoteyo

Leave a Reply