MBESE NI IKI UZAKORESHA UBUMENYI UFITE? Muri Timoteyo wa kabili, Pawulo aributsa Timoteyo amabwiriza yarangije gutangwa. Pawulo atubwiriza ko Imana ifite gahunda yihariye itubwira abo, icyo ndetse n’aho tugomba kuba. Ibyanditswe byera ni imbaraga nzima, ziduha kuvuka bushya kandi zishimangira abavutse ubwa kabiri. Pawulo aragira ati, narwanye intambara nziza. Ndangije amasomo yanjye. Nakomeje kwizera kandi nakomeje kuba umwizerwa kuri We. Natsinze urugamba nstindira n’ikamba ry’uwanesheje. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.