Imyitwarire ihebuje ni imitekerereze y’umuntu uje ku Mana hamwe n’uwoherejwe mwisi n’Imana. Yesu akurikiza ibi akoresheje imvugo enye zijimije: umunyu w’isi, umucyo w’isi, umujyi ku musozi, na buji ihagaze Nta muyoboke n’umwe wa Yesu ushobora kugira iyo myitwarire yose kandi agakora imirimo ategekwa, bidaturutse k’ Umwuka w’Imana ubakoreramo kandi ubibabwiriza.
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.