GUSOBANUKIRWA (IGICE CYA 2) Tugomba gusobanukirwa umwihariko w’uwo twashakanye kugira ngo tubashe kuganira ntacyo duhishanya. Hari ibibazo bya Bibiliya umunani tugomba kubaza: ‘Uri he?’ ‘Ni inde wakubwiye?’ ‘Waba warariye ku giti cyabujijwe?’, ‘Wakoze iki?’,’Uvuye he?’ hanyuma ‘Urajya he?’ na ‘ Mu byukuri urifuza iki?’ Mu yandi magambo, ushaka kuba uwo, aho, n’icyo Imana yashatse ko uba? Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.