GUSOBANUKIRWA (IGICE CYA 2)

Tugomba gusobanukirwa umwihariko w’uwo twashakanye kugira ngo tubashe kuganira ntacyo duhishanya. Hari ibibazo bya Bibiliya umunani tugomba kubaza: ‘Uri he?’ ‘Ni inde wakubwiye?’ ‘Waba warariye ku giti cyabujijwe?’, ‘Wakoze iki?’,’Uvuye he?’ hanyuma ‘Urajya he?’ na ‘ Mu byukuri urifuza iki?’ Mu yandi magambo, ushaka kuba uwo, aho, n’icyo Imana yashatse ko uba?

Audio Lesson:

Back to: Umuryango n’Ugushyingirwa

Leave a Reply