IMIRABA Y’UBUZIMA, IJAMBO N’UMUHAMYA Petero atubwira ko iherezo ry’ibintu byose biri bugufi kandi kubw’ ibyo, dukwiye kuba abantu bwoko ki. Tugomba gutuza, tugomba kwimenya kandi tukaba abantu bazi gusenga; dukwiye kumenya kwakira abashyitsi; mukundane bamwe ku bandi, mwibuke ko urukundo rutwikira ibyaha byinshi. Ikintu kimwe gitandukanya umuntu n’undi ntabwo ari ukubabara ahubwo ni buryo ki bahangana n’umubabaro wabo. Intego y’umubabaro ni ukugirango ukomere, kukurema mo imbaraga no kuguha ituze muri wowe. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.