ICYO UREBA NI CYO UBONA Imana yahaye Zekariya iyerekwa ry’ibintu umunani kugirango ishishikarize kandi ihe imbaraga ubwoko bwayo kubadafite imbaraga kandi bacitse intege. Abari mu buhungiro bari bafite intwaro nke, abanzi benshi, kandi ni umurimo ukomeye. Bibanze ku bibazo kandi ntibabonaga ukuntu bazongera kubaka urusengero bafite inzitizi n’ibibazo byinshi. Ariko iyerekwa rya Zekariya ryasubije inyuma umwenda maze ribereka uburyo Imana yakoraga kugirango isohoze imigambi yayo. Ubuhanuzi bwe bwahaye ibyiringiro n’imbaraga ubwoko bw’Imana. Audio Lesson: Isomo ryihariye ku mfashamyumvire y'umuyobozi Isomo ryihariye ku gitabo cy'uwiga Share this lesson in your networks:
Leave a Reply
You must be logged in to post a comment.